Gukoresha ikoranabuhanga mu ibarura rusange byatumye dusagura hafi miliyari 7- NISR
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare (NISR) kiratangaza ko kubera gukoresha ikoranabuhanga mu ibarurarusange ry’abaturage n’imiturire ryakozwe ku nshuro ya 5, byatumye basagura hafi Miliyari 7 z’amafaranga y’u Rwanda ku yari yarateganyijwe. Habarugira Venant, umuyobozi ushinzwe ibarura muri NISR avuga ko bategura ibarura bari baragennye ko rizarangira ritwaye Miliyari 30 z’amafaranga y’u Rwanda ariko kubera gukoresha ikoranabuhanga babona bazasagura. “N’ubwo ibigomba gukorwa byose bijyanye n’ibarura bitararangira ubu tugenekereje turabona ko tuzakoresha agera kuri […]
Post comments (0)