Muhanga: Vision 2020 yafashije abayoboke ba MISPA kwiyubaka muri roho no mu iterambere
Abakristu basengera mu Itorero MISPA Church mu Karere ka Muhanga baravuga ko Icyerecyezo 2020 bashyiriweho n’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame cyatumye babasha kwiyubaka kuri Roho no kwiteza imbere. Abakirisitu ba MISPA bavuga ko Paul Kagame bamufata nk’umuhanuzi kuko ibyo yagiye avuga benshi bakabifata nk’inzozi bigenda bisohora, ibyo bigatuma bakomeza kwigirira icyizere igihe kizaza mu itorero ryabo kandi bakamufatiraho urugero rw’ibyo bateganya gukora. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)