Abantu icyenda bafatiwe mu modoka yagombaga kuba irimo bane
Kuri stasiyo ya polisi ya Kicukiro hafungiye abashoferi icyenda bazira kubyiganira mu modoka. Ni mu gihe bumwe mu buryo bwo guhangana na Covid 19 ari uguhana intera hagati y’umuntu n’undi. Aba bashoferi bavuga ko bahagurutse i Kigali ku wa gatatu tariki 13 Gicurasi 2020, burira imodoka bajya ku Rusumo (ku mupaka w'u Rwanda na Tanzania) kuzana imodoka zari ziriyo. Bagezeyo izo modoka barazizanye (buri wese ari mu ye) bazigeza ku […]
Post comments (0)