Perezida Kagame yashimye uko Amavubi yitwaye muri CHAN 2020
Ku gicamunsi cyo ku Cyumweru tariki 07 Gashyantare 2021, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahuye n’abagize ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’, abashimira uko bitwaye marushanwa ya CHAN 2020 baherutsemo, ndetse agira n’ibyo abasaba kugira ngo bazitware neza mu minsi iri imbere. Perezida Kagame yavuze ko mu minsi ishize yari yarahagaritse gukurikirana umupira w’amaguru wo mu Rwanda kubera imyitwarire itari myiza yari imaze iminsi igaragara, gusa ubu akaba abona […]
Post comments (0)