Yubatse gereza mu nzu ye azajya afungiramo umuhungu we wabaswe n’ibiyobyabwenge
Muri Thailande, umubyeyi w’imyaka 64 yubatse gereza mu nzu ye agamije kwicungira umutekano we n’uw’abaturanyi nyuma yo guhorana impungenge z’ibibazo byaterwa n’umuhungu we w’imyaka 42 wabaswe n’ibiyobyabwenge. Nyuma y’imyaka isaga 20 yari amaze aba mu bwoba buhoraho kubera uwo muhungu we wabaswe n’ibiyobyabwenge n’urusimbi, uwo mubyeyi utuye mu Ntara ya Buriram muri Thailande, yafashe ingamba zidasanzwe kugira ngo yizere ko umutekano we urinzwe kimwe n’uw’abaturanyi be. Izo ngamba yafashe, ni […]