Uncategorized

49 Results / Page 1 of 6

Background

Uncategorized

Polisi y’u Rwanda irashima abaturarwanda bitandukanya n’ibikorwa bya magendu

Polisi y’u Rwanda irashimira abaturarwanda bitandukanya n’abakora ubucuruzi bwa magendu, batanga amakuru atuma buburizwamo, ibakangurira gukomeza ubwo bufatanye kandi iburira abakomeje kwishora muri ibi bikorwa binyuranyije n’amategeko. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, mu butumwa yatanze ku wa Kane tariki 11 Mutarama, yashimiye abaturage bo muri iyi Ntara batanga amakuru atuma abijandika muri ubu bucuruzi bafatwa. Aragira ati: “Ubucuruzi bwa magendu buri mu […]

todayJanuary 12, 2024

Uncategorized

Ibigo byigenga bicunga umutekano byasabwe kuziba ibyuho biri muri serivisi bitanga

Ni bimwe mu byo basabwe mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 22 Ugushyingo, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru ahabereye ibiganiro byahuje Polisi y’u Rwanda, abayobozi n’abakozi b’ibigo n’amakoperative byigenga bikora akazi ko gucunga umutekano.   Ni ibiganiro byari biyobowe na Komiseri w'Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano w'ibikorwa remezo n'ibigo byigenga bicunga umutekano, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, byagarutse ku mikorere y’ibi bigo mu bice […]

todayNovember 23, 2023

Uncategorized

Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame

Ku wa Kane, tariki ya 13 Nyakanga 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 06 Kamena 2023. 2. Inama y’Abaminisitiri yagejejweho amavugururwa y’ingenzi ateganyijwe mu rwego rw’ubuzima. 3. Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira: • Umushinga wItegeko rigenga imirimo y’amabanki. • Umushinga w’itegeko rishyiraho ikigega cy’ubwishingin bw’amafaranga abitswa. • Umushinga […]

todayJuly 14, 2023

Uncategorized

U Burusiya: Ubwoba ni bwose, abaturage basabwa kuguma murugo

Umuyobozi w’umujyi wa Moscou, Sergei Sobyanin, kuri uyu wa Gatandatu yatangaje ko ibintu bitameze neza mu mujyi ayobora, asaba abatuye uwo mujyi kuguma mu ngo zabo no kwirinda ingendo zitari ngombwa. Umutekano wakajijwe mu mujyi wa Moscow Abivuze nyuma yuko abarwanyi b’umutwe w’abacancuro ba Wagner batangaje ko batangije intambara yo gukuraho ubutegetsi bwa Prezida Vladmir Putin. Uyu mutwe usanzwe ukoreshwa n’igisirikari cy’u Burusiya mu bikorwa bitandukanye birimo no mu ntambara […]

todayJune 24, 2023

Uncategorized

Abakora imirimo itanditse baracyahura n’ibibazo bikeneye ubuvugizi

Ihuriro rivugira abakora imirimo itanditse ku Isi (StreetNet International), riravuga ko abakora iyo mirimo bagihura n’ibibazo byo guhutazwa ndetse no kutubahwa mu kazi kabo. Abagize StreetNet bavuga ko abakora imirimo itanditse bagihura n’ibibazo bitandukanye birimo guhutazwa no kutubahwa nk’abandi bakozi Ni ibyagarutsweho tariki 03 Gicurasi 2023 mu Nteko rusange ya 7 ya StreetNet International irimo kubera i Kigali mu Rwanda, ihuriwemo n’abagera 200 baturutse mu bihugu 52 byo ku migabane […]

todayMay 5, 2023

Uncategorized

Perezida Kagame yashimye ubwitange bw’Inkotanyi zamaze imyaka ibiri zidahembwa

Perezida wa Repubulika akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango FPR Inkotanyi Ashima ubwitange bw’Ingabo z’Inkotanyi nyuma y’urugamba rwo kubohora Igihugu bwatumye bamara imyaka ibiri badahembwa kuko nta mikoro Igihugu cyari gifite. \ Perezida Kagame avuga ko Ingabo za RPF zarwanye imyaka ine ku rugamba, zidahembwa, zamara no kubohora Igihugu zikamara indi ibiri zidahembwa, ahubwo zitunzwe n’imfashanyo z’imiryango itabara imbabare. Nyuma y’imyaka ibiri ubushobozi buke bwari bumaze kuboneka, Igihugu gitangiye guhemba ba basirikare […]

todayApril 3, 2023

Inkuru Nyamukuru

USA: Urukiko rwahaye miliyoni $10 y’impozamarira umuryango w’umunya-Uganda waguyeyo

Urukiko muri leta ya Utah muri Amerika rwageneye miliyoni 10 z'amadorali y’impozamarira ku muryango w’impirimbanyi yo ikomoka muri Uganda, Esther Nakajjigo waguye mu mpanuka yabereye muri Arches National Park mu 2020. Izo mpozamarira ziri munsi cyane ya miliyoni $140 umuryango wa Esther Nakajjigo wifuzaga, ariko kandi niyo mafaranga menshi atanzwe n’urukiko muri leta ya Utaha kubera urupfu rw’umuntu, nk’uko umunyamategeko wabo yabitangaje. Ibinyamakuru byo muri Amerika byatangaje ko umugabo wa […]

todayFebruary 2, 2023 32

Uncategorized

Polisi iraburira abakoresha impushya mpimbano zo gutwara ibinyabiziga

Polisi y’u Rwanda irihanangiriza abatwara ibinyabiziga badafite uruhushya rubibemerera n’abagendera ku ruhushya rw’uruhimbano ko biri mu biteza impanuka zo mu muhanda zihitana ubuzima bwa benshi zikangiza n’ibikorwaremezo. Ni nyuma y’aho ku wa Mbere tariki ya 30 Mutarama, mu kigo gisuzuma imiterere y’ibinyabiziga giherereye i Remera mu Karere ka Gasabo, hafatiwe uwitwa Minani Samuel ufite imyaka 39, wari ufite uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga rw’uruhimbano. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, […]

todayJanuary 31, 2023 95

0%