Kuri Noheri ngo igihekane cyari ‘nywa’ na ‘rya’
Abaturage bavuga ko kuri Noheri bishimye, basangira icyo kunywa no kurya bizihiza uyu munsi mukuru. Bamwe mu baganiriye n’umunyamakuru wa Kigali Today mu gace ka Nyabugogo kuri uyu wa gatatu, bamubwiye ko kuri uwo munsi igihekane cyari ‘nwa’ na ‘rya’. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)