Inkuru Nyamukuru

Zimwe mu nyubako zigezweho ziranengwa guteza umunuko mu mujyi wa Kigali

todayJanuary 18, 2019 39

Background
share close

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali burizeza abawufitemo inyubako, ko bazashyirirwaho ikusanyirizo ry’amazi mabi rizarangira kubakwa mu mwaka wa 2022, ariko ko abagira uruhare mu kunuka k’uduce tumwe na tumwe muri uyu mujyi barimo gucibwa ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyoni eshashatu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ese umushinga wa Biogaz, waba uri mu marembera?

Hirya no hino mu gihugu aho abaturage bubakiwe ibigega bya biogas baratangaza ko izo biogas zitagikora, ndetse ngo n’aho zikora ntizikora uko bikwiye.Abazifite bavuga ko bahangayikishijwe n’amafaranga n’imbaraga bazitanzeho, bibwira ko bagiye gutandukana no gucana inkwi n’amakara, none bakaba bakizicana.Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi REG cyo kivuga ko 72% bya biogas zose zubatswe mu gihugu zigikora neza, gusa ngo hagiye gutangira kubakwa ibigega bidahenze kandi bidasaba imirimo myinshi, bizorohereza abaturage gukoresha […]

todayJanuary 18, 2019 23

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%