Inkuru Nyamukuru

Urukiko rwateye utwatsi ikirego cya Bannyahe

todayFebruary 11, 2019 31

Background
share close

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwanze kwakira ikirego abaturage bo mu midugudu ya Kangondo I na Kangondo II barezemo Akarere ka Gasabo, rwanzura ko nta gaciro gifite.

Ubwo urwo rubanza rwasubukurwaga ku wa gatatu tariki 06 Gashyantare 2019, Akarere ka Gasabo kari kasabye urukiko kutakira ikirego ngo kiburanishwe mu mizi.
Urukiko rwasanze icyifuzo cy’Akarere gifite ishingiro rwanzura ko ikirego cy’abatuye muri ako gace giteshejwe agaciro.
Impamvu ngo ni uko abarega batakambiye Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Minaloc aho gutakambira Umujyi wa Kigali ari na wo Akarere ka Gasabo gaherereyemo.
Abaturage bavuze ko bidashobora kurangirira aha:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Icyumweru cyo kurwanya ruswa: Gufata abantu bakomeye barya ruswa biracyagoranye

Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko buhora iteka bushakisha uburyo bwafata abantu bakomeye barya ruswa kugirango bahanwe n’amategeko. Umushinjacyaha mukuru Jean Bosco Mutangana yavuze ko mu bayobozi bakomeye harimo abarya ruswa, ariko ko bafite amayeri mesnhi yo kwihisha ubutabera kuburyo kubafata bitoroshye. Ni mu kiganiro urukiko rw’ikirenga n’ubushinjacyaha bagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa mbere 11 Gashyantare, hatangizwa icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa. Umva inkuru irambuye hano:

todayFebruary 11, 2019 37

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%