Inkuru Nyamukuru

Nza mu Rwanda nitumiye kuko mba nisanga – Uhuru Kenyatta

todayMarch 11, 2019 37

Background
share close

President wa Kenya Uhuru Kenyatta yavuze ko kuza mu Rwanda yitumiye kandi akakirwa neza ari ikimenyetso cy’umubano ukomeye uriha hagati y’ibihugu byombi kandi ko ari ko byagombye no kugenda hagati y’ibihugu bibanye neza.
Uhuru Kenyatta kuri uyu wa mbere 11 Werurwe, yagiriye uruzinduko rw’umunsi mu Rwanda, ajya kuganira na President Kagame Paul aho ari ku mwe na government mu mwiherero w’iminsi itatu urimo kubera i Gabiro mu karere ka Gatsibo kuva ku wa gatandatu tariki 9 Werurwe.
President Kenyatta yabwiye abayobozi b’u Rwanda ko umwiherero ari uburyo bwiza bwo gutegura gahunda z’igihugu, akaba asanga na Kenya ishobora kuzawigana.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%