Inkuru Nyamukuru

Imodoka igeretse ije gufasha ba mukerarugendo kumenya Kigali

todayMarch 21, 2019 49

Background
share close

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB), ku bufatanye na kompanyi yitwa Kigali City Tour batangije ubukerarugendo buzenguruka mu mujyi wa Kigali hifashishijwe imodoka nini (Bus) ikoze ku buryo bugerekeranye (Double decker bus).
Ni imodoka izajya itwara abantu 64, aho 21 baba bicaye mu gice cyo hasi, naho abandi 43 bakicara mu gice cyo hejuru.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere RDB, kiravuga ko iyo modoka izafasha kwagura ubukerarugendo mu mujyi wa Kigali, ariko ikazanafasha kwigisha cyane cyane urubyiruko amateka y’umujyi wa Kigali.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Akarere ka Rubavu kashyikirijwe isoko rizoroshya ubucuruzi bwambukiranya imipaka

Iri soko riherereye ku mupaka muto uhuza imigi ya Rubavu na Goma, ryuzuye ritwaye asaga milioni eshatu z’amadolari. Ririmo aho gukorera 192, ibyumba bikonjesha, ibyumba bya banki, ibyumba by’ivunjisha n’ubwiherero. Iri soko ryubatswe n’umuryango Trademark East Africa ku nkunga y’umuryango ya DFID n’Ambasade y’Ububiligi, rikaba ryitezweho kwagura ubucuruzi bwambukiranya imipaka cyane cyane bibanze kubantu bakora ubucuruzi buciriritse. Umva inkuru irambuye hano:

todayMarch 21, 2019 42

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%