Urugamba rwo kurwanya ruswa rugomba guhera mu nzego zo hejuru – Perezida Kagame
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame aravuga ko urugamba rwo kurwanya ruswa rufite inkingi enye, ari zo Umuco, Ubudakemwa, Kuzuza inshingano ndetse no gutanga umusaruro. Ibi yabivugiye I Abuja muri Nigeria ahari kubera inama ku kurwanya ruswa, yatangijwe kuri uyu wa kabiri. Mu ijambo rye, Perezida Kagame yasangije abitabiriye inama urugendo u Rwanda rwanyuzemo kugira ngo rubashe kugabanya ruswa mu buryo bugaragarira buri wese. Komeza wumve inkuru irambuye hano:
Post comments (0)