Inkuru Nyamukuru

Ucokoza ‘speed governor’ aba afite gahunda yo kwica abantu- CP Namuhoranye

todayJuly 25, 2019 24

Background
share close

Polisi y’igihugu irasaba abayobozi b’ibigo bitwara abagenzi mu modoka, ab’ibigo bitwara imizigo mu makamyo no mu zindi modoka kugira inama abashoferi babakorera, bakajya bitwara neza kugira ngo birinde impanuka. Hari mu mahugurwa y’umunsi umwe, Polisi y’igihugu ifatanyije n’Ikigo ngenzuramikorere (RURA) bahaye abo bayobozi kuri uyu wa kane 25 Nyakanga 2019, ku ruhare rwabo mu gukumira impanuka zo mu muhanda.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

AMAJYARUGURU: URUBYIRUKO RWASABWE GUKORESHA IMPANO ZARWO MU KURWANYA IBIYOBYABWENGE N’INDA ZITATEGUWE

Umushumba w’Itorero Anglicani Diyosezi ya Shyira Samuel Mugisha Mugiraneza aributsa urubyiruko rwo mu ntara y’Amajyaruguru ko rudashobora gukorera u Rwanda mu gihe imitekerereze yarwo yaba yaragwingijwe n’ibiyobyabwenge. Uturere twinshi tugize iyi ntara duhana imbibi n’ibindi bihugu biturukamo ibyo biyobyabwenge; akavuga ko niruba maso rukabihashya hakiri kare, ruzabasha gutegura ibihe biri imbere nta nkomyi. Umva inkuru irambuye aha:

todayJuly 24, 2019 30

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%