Inkuru Nyamukuru

Kubura akazi bituma hari abarangiza Kaminuza bakajya kwiga imyuga

todayAugust 24, 2019 40

Background
share close

Abanyeshuri 221 barangije amasomo y’igihe gito muri IPRC-Musanze baremeza ko ubumenyi bahawe ari kimwe mu bigiye kubafasha kwihangira umurimo baharanira kwikorera no gutanga akazi.

Mu muhango wo gushyikiriza abo banyeshuri impamyabumenyi wabereye muri IPRC-Musanze ku wa gatanu, abasaga 50 muri bo bagaragaje ko badatewe ipfunwe no kuba baraje kwiga imyuga, mu gihe barangije icyiciro cya kabiri cya Kaminuza.
Abahawe impamyabumenyi ni abize guteka, gutunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, abakora amashanyarazi, ababaji, abubatsi, abakora mu ma resitora n’abandi.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abana bandura SIDA bavuka bagabanutseho 9.3% mu myaka 18 ishize

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) itangaza ko abana banduzwa SIDA n’ababyeyi mu gihe bababyara bagabanutseho 9.3% mu myaka 18 ishize, ariko ngo intego ni uko bagera kuri 0%. Byatangarijwe mu kiganiro abayobozi muri MINISANTE no mu Kigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC) bagiranye n’abanyamakuru ku mugoroba wo ku wa gatanu, bakaba bashakaga kugaragaza aho imyiteguro igeze yo kwakira inama mpuzamahanga kuri SIDA, (International Conference on AIDS&STIs in Africa). Umva inkuru irambuye hano:

todayAugust 24, 2019 44

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%