Huye: Umuryango Aprojumap wafashije benshi kwivana mu bukene
Muri iki gihe mu Rwanda hatangijwe gahunda yo kurwanya ubukene bukabije, aho abakene cyane bafashwa mu byo bakeneye hanyuma na bo bakiyemeza ko nyuma y’imyaka itatu bakurikiranwa bazaba baramaze kwikura muri ubwo bukene, hari abatuye mu mirenge imwe n’imwe yo mu Turere twa Huye, Nyamagabe, Kamonyi na Nyanza bavuga ko kuva mu bukene bukabije bishoboka mu gihe cy’imyaka itatu iyo witaweho ugahabwa amahugurwa n’ubufasha, ariko nawe ntusesagure ibyo wahawe. Abo […]
Post comments (0)