Inkuru Nyamukuru

NURC n’Umurenge wa Remera bitabaje impuzamadini mu kuvura urwango n’amacakubiri

todayOctober 29, 2019 49

Background
share close

Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge(NURC) iravuga ko gukiza urwango n’amacakubiri biri mu mitima y’Abanyarwanda ari umurimo w’amadini n’amatorero kurusha uwa Leta.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’iyi Komisiyo, Fidele Ndayisaba yabimenyesheje impuzamadini n’amatorero mu murenge wa Remera w’akarere ka Gasabo, ko n’ubwo hashize imyaka 25 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, imitima y’Abanyarwanda ngo igifite ibikomere by’urwango n’amacakubiri.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

INGO ZISAGA 2000 ZO MU TURERE DUTATU TWO MU INTARA Y’AMAJYARUGURU ZAHAWE UMURIRO W’AMASHANYARAZI

Ingo ibihumbi bibiri zo mu turere twa Musanze, Gakenke na Burera zimaze kugezwamo amashanyarazi binyuze mu mushinga washowemo miliyoni esheshatu z’amadolari ya America. Ni umushinga ugomba gusiga ingo hafi ibihumbi 10 zigejejweho umuriro w’amashanyarazi. Aya mashanyarazi ari ku muyoboro mugari wa Km 80 na Km 212 z’imiyoboro mito. Mu gihe kitarenze umwaka umwe, ingo ibihumbi birindwi zisigaye nazo zizaba zamaze kuwugezwaho .  Umva inkuru irambuye hano:

todayOctober 28, 2019 39 1

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%