Inkuru Nyamukuru

Ubuzima bw’imyororokere bukwiye kuganirwa mu muganda n’inama zihuza abaturage

todayNovember 6, 2019 79

Background
share close

Impuguke mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere zirasaba ko ibiganiro bivuga kuri iyi ngingo byajya biganirwa no muri gahunda zahurije hamwe abaturage, kugira ngo umwana utabashije kubona amakuru mu muryango we cyangwa ku ishuri ayabone mu bundi buryo.

Ibi biravugwa mu gihe imibare y’abana baterwa inda zitateguwe ikomeza kuzamuka buri mwaka, abana bato na bo bakagaragaza ko ababyeyi bamwe batagira ubushake bwo kubaganiriza ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Gen. Kazura yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Vincent Biruta asimbura Dr. Richard Sezibera ku Bubanyi n’Amahanga

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda kuwa mbere tariki enye Ugushyingo 2019, yashyize abayobozi bakuru bashya mu myanya itandukanye. Dr Vincent Biruta wari Ministre w’ibidukikije, yashinzwe ministeri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, umwanya asimbuyeho Dr Richard Sezibera. Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc wari ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya yahawe kuyobora Ministeri y’ibidukikije. Ministeri y’umutekano mu gihugu yari imaze igihe itakibarirwa ku rutonde rw’izigize guverinoma y’u Rwanda yashinzwe Gen Patrick Nyamvumba wari umugaba mukuru w’ingabo. […]

todayNovember 5, 2019 61

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%