Inkuru Nyamukuru

Akarere ka Rubavu karanengwa kuba gafite “bombori bombori mu miyoborere”

todayDecember 17, 2019 38

Background
share close

Mu nama mpuzabikorwa y’akarere ka Rubavu minisitiri w’ubutegetsi bw igihugu Prof Shyaka Anastase yatangaje ko mu turere 30 akurikirana nka minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu akarere ka Rubavu ariko gafite bombori bombori nyinshi.

Min Prof Shyaka abishingira ku kuba ariko karere kavugwamo ruswa mu buyobozi, kudashyira mu bikorwa imishinga iteza imbere ubuzima bw’abaturage hamwe n’amacakubiri.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Gicumbi: Abaturage bahawe iminsi 15 yo kuba bubatse ubwiherero

Umuyobozi w’Intara y’amajyaruguru Gatabazi JMV, yanenze bamwe mu baturage bo mu murenge wa Bwisige mu karere ka Gicumbi, batagira ubwiherero mu ngo zabo, abaha iminsi 15 yo kubwubaka, uwo bazasanga atagira ubwiherero nyuma y’iyo minsi akazabiryozwa. Abo baturage bamaze igihe kinini batagira ubwiherero baremeza ko iminsi 15 Guverineri abahaye ihagije kandi ko bazaba bamaze kubaka ubwiherero. Mu ntara y’amajyaruguru harabarurwa Ingo zisaga ibihumbi 3300 zidafite ubwiherero busukuye, ubuyobozi bw’inzego zibanze […]

todayDecember 16, 2019 21

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%