Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Hatashywe ibyumba by’amashuri bishya 25

todayDecember 17, 2019 49

Background
share close

Ku rwunge rw’amashuri cyangwa Group Scolaire Rubagabaga mumurenge wa Karangazi akarere ka Nyagatare,kuri uyu wa kabiri barataha ibyumba by’amashuri bishya bitatu bije kwiyongera kuri 25 GS Rubagabaga yarisanganywe.

Ifite abanyeshuri 1996 mu mashuri abanza, naho mu yisumbuye harimo 599.

Mu karere ka Nyagatare hamaze kubakwa ibyumba by’amashuri 53, 8 bisigaye nabyo barizera ko bizarangira muri 2019 kuko bigeze ku musozo, kandi birimo kubakwa mu nzu imwe y’igorofa.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Akarere ka Rubavu karanengwa kuba gafite “bombori bombori mu miyoborere”

Mu nama mpuzabikorwa y’akarere ka Rubavu minisitiri w’ubutegetsi bw igihugu Prof Shyaka Anastase yatangaje ko mu turere 30 akurikirana nka minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu akarere ka Rubavu ariko gafite bombori bombori nyinshi. Min Prof Shyaka abishingira ku kuba ariko karere kavugwamo ruswa mu buyobozi, kudashyira mu bikorwa imishinga iteza imbere ubuzima bw’abaturage hamwe n’amacakubiri. Umva inkuru irambuye hano:

todayDecember 17, 2019 38

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%