Perezida Kagame arifuza kuzasimburwa n’umugore
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abagore kongera umuvuduko w’ubwiyongere mu myanya ifata ibyemezo kugira ngo bazavemo umusimbura ku mwanya w’Ubuyobozi bw’Igihugu. umukuru bw'igihugu Yabitangarije mu Nama y’Umushykirano ya 17 iteraniriye i Kigali kuva kuri uyu wa kane tariki 19-20 Ukuboza 2019. Perezida Kagame yavuze ko yifuza ko rimwe umwanya ariho wazatwarwa n’umugore. Umukuru w’Igihugu avuga ko kuba u Rwanda ruza mu bihugu 10 bya mbere ku isi byubahiriza ihame […]
Post comments (0)