Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yongeye kuburira abatekereza guhungabanya umutekano w’u Rwanda

todayDecember 19, 2019 51

Background
share close

Mu nama y’umushyikirano y’umwaka wa 2019 , Perezida wa republika Paula Kagame yongeye kwihanangiriza abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.

Agaruka ku bagerageje guhungabanya umutekano mu myaka ibiri ishize perezida kagame yavuze ko ikibazo cyabo bakigerereje.

Perezida Kagame kandi yongereye guhamagarira abanyarwanda bari hanze kugaruka mu gihugu kugira ngo ibibazo bashobora kuba bafite nabyo biganirweho.

CLIP Paul Kagame Umutekano

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame arifuza kuzasimburwa n’umugore

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abagore kongera umuvuduko w’ubwiyongere mu myanya ifata ibyemezo kugira ngo bazavemo umusimbura ku mwanya w’Ubuyobozi bw’Igihugu. umukuru bw'igihugu Yabitangarije mu Nama y’Umushykirano ya 17 iteraniriye i Kigali kuva kuri uyu wa kane tariki 19-20 Ukuboza 2019. Perezida Kagame yavuze ko yifuza ko rimwe umwanya ariho wazatwarwa n’umugore. Umukuru w’Igihugu avuga ko kuba u Rwanda ruza mu bihugu 10 bya mbere ku isi byubahiriza ihame […]

todayDecember 19, 2019 44

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%