Inkuru Nyamukuru

Imiryango irafashwa kubaka igihugu hibandwa ku yahungabanye n’ibanye nabi

todayDecember 20, 2019 47

Background
share close

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yashojwe kuri uyu wa gatanu, irashima uruhare rw’umuryango nyarwanda mu kubaka igihugu, ariko ko nyuma yo gufashwa kuva mu bukene imiryango ikwiriye gushyirirwaho gahunda zigisha kubana neza no kurera abana bavuka.

Mu kiganiro cyatanzwe, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yashimiye abaturage baturuka mu miryango y’Abanyarwanda, uruhare bagaragaza mu guteza imbere gahunda zo kwishakamo ibisubizo nka gacaca, abunzi, inteko z’ababyeyi, imihigo, umuganda n’izindi.

Umubikira witwa Uwamariya Immaculée washinze umuryango witwa Esperance ukorera ubujyanama abagize ingo cyane cyane izifite amakimbirane, ubukene no gutereranwa, we asaba Leta ubufayanye mu kongera imbaraga mu bujyanama ku miryango yahungabanye, akavuga ko hakanewe ishuri ryigisha abagiye gushinga ingo ndetse n’abamaze kuzubaka.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ubukungu buramutse buzamutse kuri 10% ubushomeri bwaba amateka

Inama y'Umushyikirano y’iminsi ibiri yatangiye kuwa kane, yagaragaje ko ubukungu bwagiye buzamuka ku rugero rw'8% mu myaka 18 ishize, kandi ko buramutse buzamutse ku rugero rw'10% ubushomeri ngo bwacika mu Rwanda. Ibi byatangajwe na Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana hamwe n'Umuyobozi w'Ikigo cy'Ibarurishamibare, Murangwa Yussuf, mu kiganiro batanze kivuga ku byagezweho mu cyerekezo 2020 kirimo kurangira. Umva inkuru irambuye hano:

todayDecember 20, 2019 43

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%