Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame asanga 2020 izaba nziza kurusha 2019

todayDecember 20, 2019 19

Background
share close

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko n’ubwo atari umuhanuzi, iyo arebye akagereranya uko imyaka ishira indi igataha, u Rwanda rukomeza kugenda rugera ku byiza.

Ni mu ijambo rigufi, President Kagame yavuze asoza Inama ya 17 y’Igihugu y’Umushyikirano wa 2019.

Umukuru w’igihugu yashimiye abantu bose bitabiriye inama y’umushyikirano, abasaba gutahana umukoro wo kuzirikana ko hari byinshi Abanyarwanda babatezeho.

Umva Perezida Kagame hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Imiryango irafashwa kubaka igihugu hibandwa ku yahungabanye n’ibanye nabi

Inama y'Igihugu y'Umushyikirano yashojwe kuri uyu wa gatanu, irashima uruhare rw'umuryango nyarwanda mu kubaka igihugu, ariko ko nyuma yo gufashwa kuva mu bukene imiryango ikwiriye gushyirirwaho gahunda zigisha kubana neza no kurera abana bavuka. Mu kiganiro cyatanzwe, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yashimiye abaturage baturuka mu miryango y'Abanyarwanda, uruhare bagaragaza mu guteza imbere gahunda zo kwishakamo ibisubizo nka gacaca, abunzi, inteko z'ababyeyi, imihigo, umuganda n'izindi. Umubikira witwa Uwamariya Immaculée […]

todayDecember 20, 2019 47

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%