Inkuru Nyamukuru

Ubukungu buramutse buzamutse kuri 10% ubushomeri bwaba amateka

todayDecember 20, 2019 46

Background
share close

Inama y’Umushyikirano y’iminsi ibiri yatangiye kuwa kane, yagaragaje ko ubukungu bwagiye buzamuka ku rugero rw’8% mu myaka 18 ishize, kandi ko buramutse buzamutse ku rugero rw’10% ubushomeri ngo bwacika mu Rwanda.

Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana hamwe n’Umuyobozi w’Ikigo cy’Ibarurishamibare, Murangwa Yussuf, mu kiganiro batanze kivuga ku byagezweho mu cyerekezo 2020 kirimo kurangira.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Umushyikirano: NISR yasobanuye impamvu y’izamuka ry’ibiciro ku masoko

Umuyobozi w’ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda Yusuf Murangwa aravuga ko izamuka ry’umusarurombumbe w’igihugu cyangwa se GDP rishobora kugira ingaruka ku biciro by’ibiribwa ku masoko. Bwana Murangwa yavuze ibi nyuma y’uko mu nama y’umushyikirano iri kubera muri Convention Center yasabwe guhuza izamuka ry’umusarurombumbe w’igihugu ndetse no kuba ibiciro by’ibiribwa byarazamutse cyane ku masoko. Murangwa Yusuf avuga ko izamuka ry’ibiciro riterwa n’impamvu zitandukanye zirimo kuba umusaruro w’ubuhunzi wo mu kwezi kwa karindwi, ugera […]

todayDecember 20, 2019 33

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%