U Rwanda rutakaza toni miliyoni 45 z’ubutaka buri mwaka
Abashakashatsi bahujwe na Komisiyo y’u Rwanda ikorana n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO), bagaragaza ko amazi n’ubutaka by’u Rwanda birimo kwangirika ku rugero rukabije. Babigaragaje mu biganiro byabaye kuwa mbere tariki 23 Ukuboza, aho basuzumaga icyakorwa kugira ngo barinde u Rwanda guhura n’ubutayu. Umukozi ushinzwe kubungabunga ibyogogo by’imigezi n’ibiyaga mu Kigo gishinzwe amazi n’amashyamba (RWFA), Kwitonda Filippe wari mu bitabiriye ibyo biganiro, avuga ko u Rwanda rutakaza […]
Post comments (0)