Inkuru Nyamukuru

Ibiza bahitanye abagera kuri 4 mu mugi wa Kigali

todayDecember 26, 2019 131

Background
share close

Guverinoma yasabye abatuye i Kigali bose bafite inzu zashyizweho ikirango cy’ahashobora kubateza ibyago(X) kimenyerewe nka ‘Towa’, kwimuka muri izo nzu mu rwego rwo guhunga ibiza bishobora kubasenyera no kubica.

Imvura yaraye iguye kuri Noheli igahitana abantu bane ikanasenya inzu 113 mu Mujyi wa Kigali, iri mu byo inzego za Leta zashingiyeho zivuga ko gahunda yo kwimura abatuye mu bishanga n’ahandi hose hafatwa nk’amanegeka ikomeje.

Umva inkuruirambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rutakaza toni miliyoni 45 z’ubutaka buri mwaka

Abashakashatsi bahujwe na Komisiyo y’u Rwanda ikorana n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO), bagaragaza ko amazi n’ubutaka by’u Rwanda birimo kwangirika ku rugero rukabije. Babigaragaje mu biganiro byabaye kuwa mbere tariki 23 Ukuboza, aho basuzumaga icyakorwa kugira ngo barinde u Rwanda guhura n’ubutayu. Umukozi ushinzwe kubungabunga ibyogogo by’imigezi n’ibiyaga mu Kigo gishinzwe amazi n’amashyamba (RWFA), Kwitonda Filippe wari mu bitabiriye ibyo biganiro, avuga ko u Rwanda rutakaza […]

todayDecember 25, 2019 26

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%