Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Vision 2020 yafashije abayoboke ba MISPA kwiyubaka muri roho no mu iterambere

todayDecember 27, 2019 53

Background
share close

Abakristu basengera mu Itorero MISPA Church mu Karere ka Muhanga baravuga ko Icyerecyezo 2020 bashyiriweho n’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame cyatumye babasha kwiyubaka kuri Roho no kwiteza imbere.

Abakirisitu ba MISPA bavuga ko Paul Kagame bamufata nk’umuhanuzi kuko ibyo yagiye avuga benshi bakabifata nk’inzozi bigenda bisohora, ibyo bigatuma bakomeza kwigirira icyizere igihe kizaza mu itorero ryabo kandi bakamufatiraho urugero rw’ibyo bateganya gukora.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ibiza bahitanye abagera kuri 4 mu mugi wa Kigali

Guverinoma yasabye abatuye i Kigali bose bafite inzu zashyizweho ikirango cy'ahashobora kubateza ibyago(X) kimenyerewe nka 'Towa', kwimuka muri izo nzu mu rwego rwo guhunga ibiza bishobora kubasenyera no kubica. Imvura yaraye iguye kuri Noheli igahitana abantu bane ikanasenya inzu 113 mu Mujyi wa Kigali, iri mu byo inzego za Leta zashingiyeho zivuga ko gahunda yo kwimura abatuye mu bishanga n'ahandi hose hafatwa nk'amanegeka ikomeje. Umva inkuruirambuye hano:

todayDecember 26, 2019 131

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%