Ibiza bahitanye abagera kuri 4 mu mugi wa Kigali
Guverinoma yasabye abatuye i Kigali bose bafite inzu zashyizweho ikirango cy'ahashobora kubateza ibyago(X) kimenyerewe nka 'Towa', kwimuka muri izo nzu mu rwego rwo guhunga ibiza bishobora kubasenyera no kubica. Imvura yaraye iguye kuri Noheli igahitana abantu bane ikanasenya inzu 113 mu Mujyi wa Kigali, iri mu byo inzego za Leta zashingiyeho zivuga ko gahunda yo kwimura abatuye mu bishanga n'ahandi hose hafatwa nk'amanegeka ikomeje. Umva inkuruirambuye hano:
Post comments (0)