Inkuru Nyamukuru

CHUB yiyemeje kurwanya ububabare buhoraho bushobora gutera kwiyahura

todayJanuary 21, 2020 29

Background
share close

Nyuma yo kubona ko hari abantu bagira ububabare bw’igihe kirekire buterwa n’indwara runaka bikabaviramo izindi ndwara, ibitaro bya kaminuza bya Butare, CHUB, byiyemeje gutangiza gahunda mu buryo bwa rusange, kuko bisanzwe bifasha ababigana bafite ububabare buhoraho bakavurwa.

Ibitaro bya CHUB bikaba iteganya gushyiraho aho kwakira abantu bafite indwara zibatera ububabare mu buryo buhoraho, ndetse biranateganya gutegura inama mpuzamahanga ku kugabanyiriza abarwayi ububabare.

Dr. Gaston Nyirigira, ni umuganga kuri CHUB wize ibijyanye no gutera ikinya, kuvura abantu barembye cyane no kuvura ububabare bw’ako kanya n’ubuhoraho.

Avuga ko ubushakashatsi bwagaragaje ko ububabare buhoraho bushobora gutuma umuntu yiyahura.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

UR na BRD bagaragaje ibitinza buruse, bavuga igihe izatangirwa

Kaminuza y’u Rwanda(UR) hamwe na Banki itsura amajyambere(BRD), batangaje ko abanyeshuri batinze kwiyandikisha ndetse n’abatanga amakuru atuzuye ajyanye n’amakonti yabo, ari bo ngo bateza gutinda kw’inguzanyo ibatunga yitwa buruse. BRD ivuga ko ku wa kane w’iki cyumweru izaba itanze buruse y’amezi atatu ku bantu batanze amakuru yuzuye n’imyirondoro basabwa, nyuma yaho mu kwezi kwa kane akaba ari bwo ngo bazatangira guhabwa buruse buri kwezi. Simon Kamuzinzi aratugezaho inkuru irambuye. Umva […]

todayJanuary 21, 2020 21

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%