Inkuru Nyamukuru

Hejuru ya 50% by’abahohotera abana b’abakobwa ntibagezwa imbere y’ubutabera

todayJanuary 22, 2020 27

Background
share close

Hejuru ya 50% by’abahohotera abana b’abakobwa ntibagezwa imbere y’ubutabera, nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’ihuriro ry’amadini n’amatorero akorera mu Rwanda (RICH).

Bamwe mu bakorera abana iryo hohotera baratoroka abandi bagakingirwa ikibaba n’imiryango iba igamije indonke.

Minisiteri y’ubutabera ivuga ko imiryango ikingira ikibaba ihohoterwa igomba gukurikiranwa, ariko nanone abayobozi b’amadini n’amatorero bakoze ubwo bushakashatsi bagasabwa kugira icyo bakora kuri iki kibazo mu bukangurambaga kuko bafite urubuga ruhuriramo abantu benshi babagana.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

CHUB yiyemeje kurwanya ububabare buhoraho bushobora gutera kwiyahura

Nyuma yo kubona ko hari abantu bagira ububabare bw’igihe kirekire buterwa n’indwara runaka bikabaviramo izindi ndwara, ibitaro bya kaminuza bya Butare, CHUB, byiyemeje gutangiza gahunda mu buryo bwa rusange, kuko bisanzwe bifasha ababigana bafite ububabare buhoraho bakavurwa. Ibitaro bya CHUB bikaba iteganya gushyiraho aho kwakira abantu bafite indwara zibatera ububabare mu buryo buhoraho, ndetse biranateganya gutegura inama mpuzamahanga ku kugabanyiriza abarwayi ububabare. Dr. Gaston Nyirigira, ni umuganga kuri CHUB wize […]

todayJanuary 21, 2020 29

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%