Inkuru Nyamukuru

Hejuru ya 90% y’ibibazo by’akarengane nta shingiro biba bifite – Umuvunyi

todayJanuary 23, 2020 81

Background
share close

Urwego rw’umuvunyi ruratangaza ko hejuru ya 90% by’ibibazo rwakira biba bidafite ishingiyo kuko nibura 6% ari byo bigaragaza akarengane gusa.

33% by’ibi bibazo byakirwa n’urwego rw’umuvunyi kandi biba bishingiye ku manza mboneza mubano ku buryo ngo byagakwiye gukemukira mu muryango bitagombye kubasiragiza mu nkiko.

Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi akaba asaba abaturage n’inzego z’ibanze gufatanyiriza hamwe kunga no kumvikansha abafitanye ikibazo kurusha kugana inkiko.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Uganda yashyikirijwe umurambo w’umuturage warasiwe mu Rwanda

Ku mupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda, kuri uyu wa gatatu tariki 22 Mutarama 2020, habereye umuhango wo gushyikiriza Igihugu cya Uganda umurambo w’umwe mu baturage batatu baherutse kurasirwa mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera ubwo bashakaga kurwanya Polisi y’u Rwanda nyuma y’uko yari ibahagaritse. Uwo murambo ni uw’umuturage witwa Théogène Ndagijimana warashwe ari kumwe na bagenzi be babiri b’Abanyarwanda. Mu byo abo basore bafatanywe harimo […]

todayJanuary 22, 2020 33

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%