Inkuru Nyamukuru

PSF yatangije inzira nshya mu ishoramari n’Intara y’Uburengerazuba

todayJanuary 29, 2020 33

Background
share close

Ubuyobozi bw’intara y’uburengerazuba bwagiranye ibiganiro n’abikorera babarirwa muri 300 bo mu ntara, bubagaragariza amahirwe ahari yo gushoramo imari, aho gukomeza kuba isoko ry’amahanga.

Ubuyobozi bw’intara buremeza ko abashoramari babishyizemo imbaraga, bashobora kugera ku rwego rwo kwihaza ku bicuruzwa no guhaza isoko ry’imbere mu gihugu no hanze yacyo.

Ni mu nama yahuje urugaga rwabikorera mu Rwanda, ubuyobozi bw’intara y’uburengerazuba n’abikorera bo muri iyi ntara yemeza ko ifite amahirwe menshi mu ishoramari ariko atabyazwa umusaruro.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abanyeshuri 10 bigaga gukina umupira barirukanywe none babuze aho berekera

Abanyeshuri 10 bigaga gukina umupira w’amaguru mu ishuri ry’imyuga riherereye ku Kabutare (bakunze kwita EAV Kabutare) birukanywe bazira imyitwarire mibi none babuze aho berekera. Impamvu ni uko ishami ryigisha gukina umupira w’amaguru nta handi riba urets kuri iri shuri, nyamara aba banyeshuri ngo nta gihe batasabwe kwitwara neza bo bakabyanga, bagashaka kwitwara uko bishakiye nk’abakinnyi b’umupira nyamara bo bakirerwa. Umva ibindi bisobanuro kuri uku kwirukanwa kw'abanyeshuri aha:

todayJanuary 28, 2020 111

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%