Inkuru Nyamukuru

Hatangijwe gahunda nshya yo kwihutisha imibereho myiza y’abaturage

todayJanuary 30, 2020 119

Background
share close

Ku wa gatatu tariki 29 Mutarama, I Kigali hatangijwe ku mugaragaro gahunda nshya yo kwihutisha imibereho myiza y’abaturage binyuze mu kurwanya ubukene.

Ni gahunda u Rwanda rufatanyijemo n’umuryango w’abibumbye ishami ry’u Rwanda. Ikazatangirira mu turere 5 tugaragaramo ibipimo by’ubukene biri hejuru kurusha utundi aritwo Nyamagabe, karongi, rutsiro, burera na kirehe.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ubuyapani bugiye kongera ishoramari mu Rwanda

Ambasaderi mushya w’Ubuyapani mu Rwanda, Masahiro Imai, aremeza ko igihugu cye kigiye kongera ishoramari mu Rwanda kubera ko umubano hagati y’ibihugu byombi wifashe neza. Ambasaderi Masahiro yabitangaje kuri uyu wa gatatu tariki 29 Mutarama 2020, ubwo yagezaga impapuro zimuhesha uburengazira bwo guhagararira igihugu cye mu Rwanda kuri Perezida wa Repuburika, Paul Kagame. Umva inkuru irambuye hano:

todayJanuary 29, 2020 100

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%