Itorero ADEPR rigiye gutangira inyigisho z’ubumwe n’ubwiyunge
Nyuma yo kubona ko hari abagize uruhare muri Jenoside barangiza ibihano bagera mu ngo zabo bakananirwa kubana n’abo basanze, ntibanabashe kwiyunga n’abo biciye ababo, itorero ADEPR ryiyemeje gutangiza inyigisho z’isanamitima. Nyuma y’akarere ka Gasabo, mu Karere ka Nyanza iki gikorwa cyatangijwe ejo ku wa kabiri kandi hifujwe ko byazagera mu kwezi kw’Ukwakira k’uyu mwaka wa 2020 byibura muri buri karere hari paruwasi imwe yageze ku isanamitima. Inyigisho z’isanamitima itorero ADEPR […]
Post comments (0)