Hatangijwe gahunda “Mumpe urubuga nsome”
Abahanga mu myigire y’abana bahamya ko kubakundisha umuco wo gusoma bakiri bato bituma badata umwanya wabo barangarira mu bidafite akamaro, ahubwo bakiyungura ubwenge. Ibyo byagarutsweho n’abayobozi batandukanye ku wa gatatu ubwo Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) n’abafatanyabikorwa bayo bibumbiye mu ihuriro ‘Soma Umenye, batangizaga ubukangurambaga buzamara umwaka, bwo gukundisha abana gusoma no kwandika. Muri icyo gikorwa kandi Hahembwe abana 36 bo muri Nyarugenge barushanijwe mu kwandika inkuru nziza umwaka ushize. Kugeza ubu […]
Post comments (0)