Inkuru Nyamukuru

Hatangijwe gahunda “Mumpe urubuga nsome”

todayFebruary 6, 2020 48

Background
share close

Abahanga mu myigire y’abana bahamya ko kubakundisha umuco wo gusoma bakiri bato bituma badata umwanya wabo barangarira mu bidafite akamaro, ahubwo bakiyungura ubwenge.

Ibyo byagarutsweho n’abayobozi batandukanye ku wa gatatu ubwo Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) n’abafatanyabikorwa bayo bibumbiye mu ihuriro ‘Soma Umenye, batangizaga ubukangurambaga buzamara umwaka, bwo gukundisha abana gusoma no kwandika.

Muri icyo gikorwa kandi Hahembwe abana 36 bo muri Nyarugenge barushanijwe mu kwandika inkuru nziza umwaka ushize.
Kugeza ubu ihuriro “Soma Rwanda” ku bufatanye na REB, rimaze gutanga ibitabo byo gusoma ibihumbi 900 mu mashuri atandukanye, kuva mu mwaka wa mbere kugera mu wa gatatu, intego ikaba kuzaba watanze ibitabo miliyoni 1.4 bitarenze Werurwe uyu mwaka.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%