Kizito Mihigo yiyahuye akoresheje ishuka yaryamagaho
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umuhanzi Kizito Mihigo yiyahuye akoresheje amashuka yaryamagaho aho yari afungiye. Mu kiganiro yagiranye n’Ikigo cy'igihugu cy'itangazamakuru (RBA), umuvugizi wa RIB, Marie Michelle Umuhoza yavuze ko kuva yafatwa, Kizito yari ameze nk’umuntu wigunze kandi adashaka kuvuga. Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere akaba ari bwo Polisi y’u Rwanda yashyize ahagaragara itangazo rivuga ko Kizito Mihigo wari ufungiye kuri station ya polisi i Remera bamusanze […]
Post comments (0)