Uganda yarekuye abanyarwanda 13
Kuri uyu wa kabiri leta ya Uganda yarekuye abanyarwanda 13 bari bafungiye muri icyo gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Sam Kutesa, yabwiye itangazamakuru ko kurekura abo Banyarwanda byakozwe mu rwego rwo kubahiriza amasezerano yashyizweho umukono n’abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Uganda agamije kugarura umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi. Aba banyarwanda barekuwe mu gihe Perezida Paul Kagame na Perezida Yoweli Kaguta Museveni bagomba guhurira I Gatuna […]
Post comments (0)