Inkuru Nyamukuru

Inteko igiye gutumiza Minisiteri enye ngo zitange ibisobanuro

todayFebruary 19, 2020 51

Background
share close

Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, umutwe w’abadepite ufite gahunda yo gutumiza bamwe mu baminisitiri bo muri Guverinoma, kugira ngo batange ibisobanuro ku bibazo bireba za minisiteri bayobora byagaragaye hirya no hino mu gihugu.

Ibyo bibazo byagaragaye muri gahunda y’ingendo abadepite bagize komisiyo zinyuranye mu nteko ishinga amategeko bagiriye mu turere dutandukanye, hakaba n’aho bagiye basanga hari ukuvuguruzanya hagati ya za Minisiteri n’uturere ku makuru areba ibikorerwa abaturage.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Uganda yarekuye abanyarwanda 13

Kuri uyu wa kabiri leta ya Uganda yarekuye abanyarwanda 13 bari bafungiye muri icyo gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Sam Kutesa, yabwiye itangazamakuru ko kurekura abo Banyarwanda byakozwe mu rwego rwo kubahiriza amasezerano yashyizweho umukono n’abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Uganda agamije kugarura umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi. Aba banyarwanda barekuwe mu gihe Perezida Paul Kagame na Perezida Yoweli Kaguta Museveni bagomba guhurira I Gatuna […]

todayFebruary 18, 2020 18

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%