Inkuru Nyamukuru

Guhagarika kwinjiza abana b’amafi mu Rwanda ntibizagabanya umusaruro – MINAGRI

todayFebruary 23, 2020 40

Background
share close

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yatangaje ko yahagaritse iyinjizwa mu Rwanda ry’abana b’amafi y’ubwoko bwa Tilapia kubera indwara y’icyorezo mu mafi cyagaragaye mu bihugu bitandukanye byo muri Africa.

Ni mu rwego rwo kwirinda ko icyo cyorezo kinjira mu Rwanda, ariko ibi ngo nta mpungenge biteye kuko u Rwanda rwihagije ku mafi.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abatuye mu Gisaka bafata ururimi ry’ikirashi nk’umutungo ukomeye

Abaturage bakoresha ururimi rw’ikirashi barifuza ko rwasigasirwa byaba ngombwa rukigishwa mu mashuri mu rwego rwo kururinda. Uru rurimi rukaba rukoreshwa cyane n’abatuye akarere ka Kirehe mu ntara y’iburasirazuba, aho barukoresha cyane mu gusabana no guhahirana n’abatuye muri Tanzania. Umunyabanga wa Leta muri minisiteri y’urubyiruko n’umuco Bampoliki Eduard, we avuga ko urwo rurimi ndetse n’izindi ndimi shami ari ubukungu kandi ko Leta ifite inshingano yo kuzirinda. Umva inkuru irambuye hano:

todayFebruary 23, 2020 41

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%