Inkuru Nyamukuru

Huye: Barasabwa kurwanya gutwita kw’abangavu nk’uko barwanyije bwaki

todayFebruary 25, 2020 23

Background
share close

Umuyobozi w’Akarere ka Huye Ange Sebutege, arasaba abatuye mu Murenge wa Huye gushakira ingamba ikibazo cyo gutwita kw’abangavu kigacika burundu nk’uko barwanyije bwaki mu bana.

Mayor Sebutege yabivugiye mu busabane bw’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi ku cyumweru tariki 23 Gashyantare 2020.

Ni nyuma yo kugaragarizwa ko mu byo abatuye umurenge wa Huye bagezeho birimo kuba nta mwana n’umwe urwaye bwaki, binyuze muri gahunda ya Kundwa Kibondo.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%