Inkuru Nyamukuru

Huye: Hari abatumva ukamaro k’isuku y’intoki mu kurwanya Coronavirus

todayMarch 11, 2020 65

Background
share close

Mu gihe mu duce dutandukanye tw’akarere ka Huye batangiye gufata ingamba zo kurwanya indwara ya Coronavirus, harimo no gusukura intoki, hari bamwe mu batuye muri kano karere batumva aho gukaraba intoki bihurira n’iyi ndwara.

Muri iyi nkuru ikurikira Dr. Otto Niyonsenga, uvura indwara zo mu mubiri imbere ku bitaro bya kaminuza by’i Butare yaganiriye na Marie Claire Joyeuse maze amusobanurira ukunut gukaraba intoki birinda icyorezo cya Corona Virus.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Hagiye gushingwa amatsinda arwanya ubuharike

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare burakangurira abagore gushinga amatsinda agamije kurwanya ibibazo bikigaragara mu miryango nk’ubuharike. Ni nyuma y’uko itsinda ryitwa Mugore ntuhere mu gikari ry’umurenge wa Rukomo rimaze kwirukana inshoreke 19 mu ngo z’abagabo mu myaka 8 rimaze. Umuyobozi w’akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho myiza Murekatete Julliet we avuga ko bagiye gufatanya n’inama y’igihugu y’abagore hagashingwa andi amatsinda nk’aya. Umva inkuru irambuye hano:

todayMarch 11, 2020 47

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%