U Rwanda rurateganya kugabanya Malariya kugeza kuri 90% muri 2030
U Rwanda rurateganya ko mu mwaka wa 2030 malariya izaba yagabanutse ku rugero rwa 90%. Ibi bikaba ari bimwe mu byatangarijwe mu gikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro gahunda yo kwica imibu isanzwe mu ndiri yayo hifashishijwe utudege tutagira abadutwara (Drones). Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Daniel Ngamije, yavuze ko ubwo buryo buziye igihe, bukazafasha igihugu kugera ku ntego cyihaye yo guhashya Malariya. Yakomeje avuga ko ubwo buryo budakuyeho ubusanzwe abaturage bakoreshaga mu […]
Post comments (0)