Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Hagiye gushingwa amatsinda arwanya ubuharike

todayMarch 11, 2020 47

Background
share close

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare burakangurira abagore gushinga amatsinda agamije kurwanya ibibazo bikigaragara mu miryango nk’ubuharike.

Ni nyuma y’uko itsinda ryitwa Mugore ntuhere mu gikari ry’umurenge wa Rukomo rimaze kwirukana inshoreke 19 mu ngo z’abagabo mu myaka 8 rimaze.

Umuyobozi w’akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho myiza Murekatete Julliet we avuga ko bagiye gufatanya n’inama y’igihugu y’abagore hagashingwa andi amatsinda nk’aya.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

MINALOC N’AKARERE KA MUSANZE BIYEMEJE UBUFATANYE MU GUCA BURUNDU INZEREREZI ZISABIRIZA BA MUKERARUGENDO

Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Nyirarukundo Ignatienne yasabye ubuyobozi bw’akarere ka Musanze guhagurukira ikibazo cy’abana bato b’inzererezi n’urubyiruko rwihindura abasemuzi bagasabiriza ba mukerarugendo. Ni mu gikorwa cyateguwe na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu ifatanyije n’Ikigo gishinzwe igororamuco n’akarere ka Musanze cyo gushyikiriza imiryango abana babo bahoze mu buzererezi, ahagaragajwe ko iki kibazo kibangamiye iterambere, kandi kigasiga isura mbi akarere ka Musanze gakunze kuganwa n’umubare munini w’abava […]

todayMarch 11, 2020 33

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%