Gukorera perimi kuri mudasobwa bizaca ruswa – Polisi
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko uburyo bushya bwo gukorera uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga rya mudasobwa, buzaca burundu ruswa yakundaga kuvugwa muri icyo gikorwa. Byagarutsweho n’Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera, ubwo yamurikaga ku mugaragaro ubwo buryo bwari bumaze igihe gito bukoreshwa mu rwego rw’igerageza. CP Kabera avuga ko ikizamini gikorwa ku mugaragaro, hagakora abantu benshi kuko ubu ku munsi hakora abagera ku 2,980 mu gihe […]
Post comments (0)