Inkuru Nyamukuru

Ikoranabuhanga n’itumanaho birafasha Abanyarwanda guhozanya – Min Busingye

todayApril 7, 2020 32

Background
share close

Mu gihe kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bihuriranye no kwirinda icyorezo Covid-19 cyugarije isi, Leta y’u Rwanda iragira inama abantu gufatana mu mugongo no guhumurizanya hifashishijwe itumanaho, itangazamakuru n’ikoranabuhanga.

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye avuga ko n’ubwo hari gahunda ya “guma mu rugo” kwibuka bitagomba kugira ikibibuza kuba, kuko ngo Abaturarwanda bafite ibikoresho bitandukanye bakwifashisha birimo telefone, mudasobwa, radio na televiziyo.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Abaturage barasabwa kureka kwinjira mu Rwanda banyuze mu nzira za panya

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu busaba abantu bose bari mu gihugu cya Congo bashaka kwinjira mu Rwanda guca ku mupaka aho kunyura inzira zitemewe kuko baranduye corona virus bayanduza abanyarwanda, ariko ngo baba bakoze n'icyaha gihanwa n'amategeko. Umuyobozi w’akarere ka Rubavu Habyarimana Gilbert yabitangarije KT Radio nyuma y’uko abantu 53 bamaze gufatwa bashaka kwinjira mu Rwanda mu buryo bunyuranije n’amategeko bakajyanwa mu kigo gishyirwamo abavuye hanze aho bagomba kumara iminsi 14 […]

todayApril 7, 2020 34

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%