Rubavu: Abaturage barasabwa kureka kwinjira mu Rwanda banyuze mu nzira za panya
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu busaba abantu bose bari mu gihugu cya Congo bashaka kwinjira mu Rwanda guca ku mupaka aho kunyura inzira zitemewe kuko baranduye corona virus bayanduza abanyarwanda, ariko ngo baba bakoze n'icyaha gihanwa n'amategeko. Umuyobozi w’akarere ka Rubavu Habyarimana Gilbert yabitangarije KT Radio nyuma y’uko abantu 53 bamaze gufatwa bashaka kwinjira mu Rwanda mu buryo bunyuranije n’amategeko bakajyanwa mu kigo gishyirwamo abavuye hanze aho bagomba kumara iminsi 14 […]
Post comments (0)