Inkuru Nyamukuru

Gufata amafunguro akungahaye ku ntungamubiri bigira uruhare mu guhangana na Covid-19 – Caritas Rwanda

todayMay 13, 2020 42

Background
share close

Umuryango wita ku mibereho myiza ishingiye ku kuboneza imirire Voice for Change, ugaragaza ko bumwe mu buryo bwo guhangana n’icyorezo cya Coronavirus ari ukongera ubudahangarwa bw’umubiri aho Abanyarwanda bashishikarizwa kunoza imirire muri iki gihe.

Binyuze muri caritas Rwanda, uyu mushinga usaba Abanyarwanda gukoresha ibiribwa biboneka iwabo, byujuje intungamubiri by’umwihariko ibikungahaye kuri Vitamine A no ku butare bwa Feri (Fer) kuko ari intungamubiri z’ingenzi mu kurinda indwara.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Amajyaruguru: Menya ibintu byagoye abayobozi mu gukumira icyorezo cya Covid-19

Inzego z’ibanze, izishinzwe ubuzima, umutekano n’abafatanyabikorwa batandukanye mu ntara y’amajyaruguru zikomeje gufatanya muri gahunda yo gukurikirana uko abaturage bashyira mu bikorwa amabwiriza yo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Covid-19. Mu kiganiro guverineri w’intara Gatabazi Jean Marie Vianney aheruka kugirana na KT Radio, yavuze ku myitwarire iri mu byiciro birindwi, yaranze abaturage bo mu ntara yatumye inzego zitandukanye zihura n’akazi katoroshye ko kubumvisha ko bafite inyungu zo kurengera ubuzima bwabo n’ubw’abandi baturarwanda. […]

todayMay 13, 2020 21

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%