Covid-19 ntiyahungabanyije gahunda y’abafata imiti igabanya ubukana bwa SIDA
Urugaga nyarwanda rw’abafite virusi itera SIDA (RRP+) rutangaza ko gahunda y’abari ku miti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA itahungabanyijwe n’ibihe bigoye byatewe na Covid-19 kuko rwashyizeho uburyo bwihariye bwo kubakurikirana. Mu bafata iyo miti haba harimo abatayifatira ahegereye aho batuye bitewe n’impamvu zabo, cyane ko umuntu aba yemerewe kuyifatira aho ashaka hose mu gihugu, muri iki gihe ingendo zitemewe ahantu hose ngo hakaba hari abo byagoye kuyibona ariko urwo […]
Nyundo on May 14, 2020
Birakabije umuntu watojwe indangagaciro yokuba
umunyarwanda kweli?
nibimuhama abihanirwe.