Inkuru Nyamukuru

Gakenke: Urubyiruko rw’ abakorerabushake rwihaye intego yo gutunganya imihanda yangijwe n’ibiza

todayMay 15, 2020 34

Background
share close

Urubyiruko rusaga ibihumbi 10 rw’abakorerabushake mu karere ka Gakenke (Youth Volunteers in Community Policing), bakomeje ibikorwa byo gusana imihanda yo muri ako karere yangijwe n’ibiza.

Imvura nyinshi iheruka kugwa ku itariki 06 Gicurasi hirya no hino mu gihugu, yangije ibikorwaremezo binyuranye mu karere ka Gakenke ibiza bihitana abantu 23 mu munsi umwe gusa, ingendo hagati y’imirenge 19 nazo ntizigenda neza nka mbere kubera ko imihanda yangiritse.

Umuyobozi w’urubyiruko rw’abakorerabushake mu karere ka Gakenke Dunia Saadi yabwiye KT Radio ko gusana iyo mihanda ari intego bihaye nk’umusanzu wabo mu kubaka igihugu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Umuryango, Isooko tuvomamo imbaraga mu bihe bikomeye – Jeannette Kagame

Madam Jeannette Kagame asanga muri ibi bihe isi ikomeje kuba mu gihirahiro kubera ingaruka z’icyorezo cya Covid-19, bidashoboka ko abantu bamenya iherezo ry’ibi bihe bihinduka buri munsi. Nubwo ari uko biri ariko, Jeannette Kagame aremeza ko akamaro k’umuryango n’inshingano za buri wese zo kurinda no kwita ku bawugize ari ikintu kidashobora guhinduka uko byagenda kose. Ni mu ijambo Jeannette Kagame yageneye umunsi Mpuzamahanga w’Umuryango, aho yafashe umwanya ashimangira inshingano za […]

todayMay 15, 2020 38

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%