Umuryango, Isooko tuvomamo imbaraga mu bihe bikomeye – Jeannette Kagame
Madam Jeannette Kagame asanga muri ibi bihe isi ikomeje kuba mu gihirahiro kubera ingaruka z’icyorezo cya Covid-19, bidashoboka ko abantu bamenya iherezo ry’ibi bihe bihinduka buri munsi. Nubwo ari uko biri ariko, Jeannette Kagame aremeza ko akamaro k’umuryango n’inshingano za buri wese zo kurinda no kwita ku bawugize ari ikintu kidashobora guhinduka uko byagenda kose. Ni mu ijambo Jeannette Kagame yageneye umunsi Mpuzamahanga w’Umuryango, aho yafashe umwanya ashimangira inshingano za […]
Post comments (0)