Inkuru Nyamukuru

Ingoro z’Umurage zamuritse ibihangano by’abari n’abategarugori hifashishijwe ikoranabuhanga

todayMay 18, 2020 75

Background
share close

Kuri uyu wa mbere Ikigo cy’Ingoro z’Igihugu z’Umurage w’u Rwanda (INMR) kizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe ingoro z’umurage ku isi.

Ni igikorwa cyaranzwe no kwerekana ibihangano by’abari n’abategarugori 35, bigaragaza uburyo imibereho n’imibanire y’Abanyarwanda yifashe.

Kwerekana bihangano byakozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga ryo kuganira kw’abantu bari hirya no hino ku isi ariko barebana imbonankubone, mu rwego rwo kwirinda icyorezo Covid-19.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

INES-Ruhenegri yafashije abanyeshuri gusubira mu miryango yabo

Abanyeshuri 123 biga muri INES-Ruhengeri, bari barabuze uburyo bataha iwabo bafashijwe n’ishuri gusubira mu miryango yabo. Aba banyeshuri bari bamaze amezi agera kuri abiri barabuze uburyo bataha nyuma y’uko gahunda ya Guma Mu Rugo itangiye gukurikizwa. Aba banyeshuri bakaba barasubiye mu miryango yabo ejo ku wa gatanu tariki 15 Gicurasi. Umva inkuru irambuye hano:

todayMay 16, 2020 68

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%