Inkuru Nyamukuru

Igihugu cyacu gifite ibibazo by’umwihariko bishaka ibisubizo by’umwihariko – Perezida Kagame

todayJune 27, 2020 25

Background
share close

Perezida wa Repubulika Paul Kagame aravuga ko u Rwanda rwateye intambwe nziza mu kurwanya icyorezo cya COVID-19, ariko yibutsa ko icyo cyorezo kigihari kandi hagikenewe imbaraga nyinshi zo kugihashya.

Mu nama ya Komite nyobozi y’umuryango FPR Inkotanyi kuwa gatanu tariki 26 Kamena, umukuru w’igihugu yanibukije ko u Rwanda rufite ibibazo byihariye bikeneye n’ibisubizo byihariye, ku buryo abakiri bato bakwiye kwiga hakiri kare gukosora amakosa yakozwe n’ababanjirije.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Batatu mu bagabye igitero i Ruheru bafashwe mpiri

Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, Habitegeko François, yatangaje ko mu bateye mu Murenge wa Ruheru muri ako Karere, hari bane bapfuye na ho batatu bakaba bafashwe mpiri. Mu ijoro ryakeye rishyira uyu wa Gatandatu tariki 27 Kamena 2020, mu ma saa sita n’iminota 20, nibwo abarwanyi baturutse mu gihugu cy’u Burundi bateye ku birindiro by’Ingabo z’u Rwanda ziri mu Murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru, ku gice cyegereye umupaka uhuza […]

todayJune 27, 2020 38

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%