Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Ryabega bamaze amezi 4 nta mazi meza bafite

todayJune 28, 2020 90

Background
share close

Umuyobozi w’akarere ka Nyagatare Mushabe David Claudian arizeza abaturage ba Ryabega ko ubuyobozi bwatangiye ibikorwa byo gutunganya amasoko y’amazi mu murenge wa Kiyombe no kubaka nayikondo kugira ngo abaturage babashe kubona amazi meza.

Abatuye mu mudugudu wa Rugendo akagari ka Ryabega bavuga ko baheruka kubona amazi muri Mata uyu mwaka, kandi nayo y’imvura, abandi bakajya kuvoma mu gishanga cya Karangazi nabwo ku mafaranga bavuga ko ari menshi.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Igihugu cyacu gifite ibibazo by’umwihariko bishaka ibisubizo by’umwihariko – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame aravuga ko u Rwanda rwateye intambwe nziza mu kurwanya icyorezo cya COVID-19, ariko yibutsa ko icyo cyorezo kigihari kandi hagikenewe imbaraga nyinshi zo kugihashya. Mu nama ya Komite nyobozi y’umuryango FPR Inkotanyi kuwa gatanu tariki 26 Kamena, umukuru w’igihugu yanibukije ko u Rwanda rufite ibibazo byihariye bikeneye n’ibisubizo byihariye, ku buryo abakiri bato bakwiye kwiga hakiri kare gukosora amakosa yakozwe n’ababanjirije. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 27, 2020 25

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%