Kugaragaza ababateye inda bagahita bafungurwa bica intege n’abari kuzabagaragaza
Mu gihe Leta idahwema gushishikariza abangavu kugaragaza abagabo babateye inda kugira ngo babihanirwe, ab’i Gisagara bamaze kubagaragaza barinubira ko bafungwa igihe gitoya hanyuma bagafungurwa, cyangwa abandi bagatoroka ntibakurikiranwe. Ibi kandi ngo bica intege n’abari kuzabagaragaza. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)