Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Kwibohora bishyira hamwe byatumye abahinga Kawa ibateje imbere

todayJune 30, 2020 36

Background
share close

Abahinzi ba kawa bibumbiye muri Koperative Duterane Inkunga Sholi, mu karere ka Muhanga barashishikariza abanyarwanda gukunda umurimo kugira ngo bubake u Rwanda bifuza.

Abahinzi bavuze ibi mu gihe Abanyarwanda bitegura kwizihiza isabukuru ya 26 u Rwanda rwibohoye.

Abahinzi bavyga ko kubera kwibohora bageze ku rwego rushimishije biteza imbere aho bamwe biyubakiye amazu yo guturamo abandi bakabasha kwiyishyurira amashuri.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ishingiro ryo kwibohora ni umuturage – Minisitiri Shyaka Anastase

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Prof Shyaka Anastase, aravuga ko urugendo rwo kwibohora na gahunda zose zijyanye n’icyo gikorwa zishingiye ku muturage kuko yazigizemo uruhare kandi n’ubu agikomeje. Minisitiri Shyaka aravuga ibi mu gihe ejo ku wambere tariki 29 Kamena 2020, u Rwanda rwatangiye icyumweru cyo kwibohora, kizasozwa ku itariki ya 4 Nyakanga 2020. Ni icyumweru kizarangwa n’ibiganiro bitandukanye, bizaca ku bitangazamakuru binyuranye no ku mbuga nkoranyambaga. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 30, 2020 40

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%